News

PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
Kawhi Leonard akinira ikipe ya Los Angeles Clippers akaba yaranegukanye irushanwa rya NBA inshuro 2, mu 2014 ari kumwe na San ...
Mu gitondo cyo ku wa Gatanu hatanzwe ibihembo byihariye aho ku nshuro ya mbere mu mateka y’Iserukamuco rya Giants of Africa, ...
Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu Sacco bwatangaje ko mu myaka 22 ishize iyi koperative ishinzwe, imaze gutanga inguzanyo ya miliyari 1041Frw ku barimu bo hirya no hino mu Gihugu, bakorana nayo. Mu ...
Covenant College ni kaminuza yigenga ikorera mu gace ka Lookout Mountain, muri Leta ya Tennessee, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yatangijwe mu 1955, ishamikiye ku Eglise Presbyterienne ...
Perezida Paul Kagame avuga ko Umugabane wa Afurika ufite ubushobozi bwo kubaka ibikorwaremezo bya Siporo, no kubibyaza umusaruro nk'uko n’ahandi byashobotse. Umukuru w’igihugu yabigarutseho kuri uyu ...
Urwego rw'Abikorera mu Rwanda, PSF rutangaza ko hari ishoramari u Rwanda rumaze kunguka mu myaka 27 rumaze rutegura kandi rukanakira imurikagurisha Mpuzamahanga. Ibi uru rwego rurabitangaza mu gihe ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi batandukanye, ...
Umuyobozi w’Ikigo cya Israel gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga, Avi Balashnikov n’intumwa ayoboye bari mu Rwanda, mu ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye bw'Ibihugu byombi mu bijyanye ...
Abaturage batuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, baravuga ko bamaze hafi ukwezi badafite amazi meza, bakaba basaba Ikigo gishinzwe isuku n’isukura WASAC gukemura iki kibazo. Abo RBA yasuye ...